Umuco wo # kuzigama uwkiye kugirwa na buri wese ufite amafaranga yinjiza
Iki kiganiro kiradufasha kumenya ibintu 10 wakora ukabasha kuzigama vuba.
Ibyo bintu icumi n'ibyo nagiye nkoresha mu buzima nkabona bigenda bimfasha kuzigama. Nasobanukiwe neza ko ugomba kugira ibyo wiyima uyu munsi kugirango ugire ibyo abandi badafite ejo hazaza.
Umuntu wese wifuza kugera kure ntaho yahungira umuco kuzigama, tubyige, tubyitoze, twongere tubyitoze bityo tugere ku ntego zacu vuba.
Ndabasaba gushyigikira iyi channel mukora "subcribe " kugirango muge mubona ibiganiro byose bidufasha mu buzima bwa buri munsi.
Hagize uwifuza kugatanga ikiganiro cyafasha abantu guhindura ejo hazaza habo yanyandikira kuri email : joemukase@gmail.com
Ibintu 10 byagufasha # kuzigama vuba
Теги
inzozi z'umunsiisimbi tvafrimax tvisrael mbonyishangazi emma claudinejoel Osteenpaul gitwazaRedBlue JDubuzima bwizapaul kagameamakuru agezwehoubwizaurukundokubaho nezakubona ibyo wifuzagukira ubukenealine gahongayireabahanziinkuru zigezwehoantoine rutayisirejulienne kabandamotivation madnesslesbrownibyizaisomo rikomeye