SADURAKA, MESHAKI NA ABEDENEGO MWITANURA RY’UMURIRO
(ISOBANUWE MUKINYARWANDA NA DIDIER MANIRAKIZA)
Iyi filime iragaragaza gutabarwa kwa
SADURAKA, MESHAKI NA ABEDENEGO (HANANIYA, MISHAYELI NA AZARIYA) nkuko bemeye ubushake bw’Imana bugakora badashutswe n’umubiri ngo basenge basengera kurokoka umuriro ahubwo basenga basaba kwemera ubushake bw’Uwitika kandi ngo ntibahane ngo batavaho bigarurirwa numubiri bakaneshwa nawo.
Kuko kwizera kwabo no kubaha imana bitagombaga kubemerera kuyibangikanya nikindi icyo aricyo cyose kabone nubwo uwiteka Imana ataribubatabare ntibagombaga kubararira igishushanyo gikozwe mwishusho y’Umwami NEBUKADINEZARI nkuko babyivugiye,
Gusa ibi byasaba izindi mbaraga zokubaneshesha kutsinda ibyifuzo, ibishuko, ndetse nikingisho byu mubiri nkumwe mubanzi batatu bikiremwa muntu (ISI, UMUBIRI NA SATANI) ibi bakaba barabishobojwe no gusenga, maze uwiteka Imana we utazaduhana mubyago no mumakuba akora igitangaza gikomeye cyo kubatabara yewe habe nakimwe kuribo cyagize icyo kiba habe nimyotsi kuba yabanukaho.
Nikoko abizeye uwiteka nibazakorwa nisoni.
Hari Inama cyangwa igitekerezo washaka kutugira wakwifashisha
nimero yaterefone +250 784030518 , cyangwa kuri
Email: gospelshortvideotranslation@gmail.com
Imana ibahe umugisha kubwumwanya wanyu mwaduhaye ndetse no guhirwa mubyo mukora.
![](https://i.ytimg.com/vi/I3Sw_F_1UHk/maxresdefault.jpg)