INTERAHAMWE
Ku isi habarirwa imitwe ya gisirikari cg iyitwara gisirikari irenga ama miliyoni n’amamiliyoni, imyinshi muri yo iba irajwe ishinga no guharanira ubusugire bw’ibihugu cg ahandi bayihaye inshingano zo kubarindira umutekano.
Mu Rwanda naho uhasanga imitwe y’ingabo itandukanye n’indi isa nk’iyitwara gisirikari haba mu bihe byashize no mu bihe by’ubu.
Umutwe w’Interahamwe ni umwe mu mitwe yabayeho itari ifite intego dusanzwe tuzi ku yindi mitwe nko kurinda umutekano n’ubusugire bw’igihugu. iri ni izina risa naho rizwi na buri muntu wese mu Rwanda kugeza ku banyamahanga batabonye Jenoside yakorewe abatutsi.
Mu kiganiro IBYAHISHWE uyu munsi reka tugaruke kuri byinshi utamenye ku mutwe w’interahamwe uburyo zatozwaga;ubuyobozi bwazo n’uburyo zashyizweho . ibi n’ibindi byinshi ntagarutseho ni mu kiganiro.IBYAHISHWE ukurikira ku NTSINZI TV ndanagushishikariza gukora subscribe tukajya tubana mu biganiro nk’ibi.
Ещё видео!