#AERG27
Tariki 17 Ukuboza 2023 umuryango AERG wizihije isabukuru y'imyaka 27 umaze ushinzwe.
Ni Umuhango wabereye muri Camp Kigali witabirwa n'abantu barenga ibihumbi 3.
AERG ni umuryango watangijwe n'Abanyamuryango 12 mu mwaka w1996 bigaga mu cyahoze ari Kaminuza nkuru y'u Rwanda i Butare gusa aka kanya wakwiriye mu Rwanda hose ndetse ubu ugizwe n'Abanyamuryango basaga 40 000.
![](https://i.ytimg.com/vi/reJPEHrrK-w/maxresdefault.jpg)