Abasirikare b’abarundi bageze muri Kongo aho bagiye gufatanya n’abandi bo mu bihugu birindwi bigize umuryango wa EAC bo bagezeyo mu mpera z’umwaka ushize urwanya umutwe wa M23 n’indi mitwe y’abarwanyi. || Muri Afurika y’Epfo abantu batanu bakekwaho kugira uruhare mw’ibura ry’umudage w’umukerarugendo bagaragaye mu rukiko uyu munsi kuwa mbere. Ibikoresho by’uyu mudage w’imyaka 22 byasanganywe aba bakekwa kumurigisa.
![](https://i.ytimg.com/vi/sGhdRKrJLyo/mqdefault.jpg)