Mu kiganiro cyo Kwibuka uyu munsi, ababyeyi bagizweho ingaruka na Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, bakicirwa imiryango bagasigara ari incike, baratubwira urugendo rw’isanamitima mu myaka 27 ishize. Aba babyeyi, ubu bitwa Intwaza, baraganira kandi ku mateka y’umuryango nyarwanda, mbere ya Jenoside yakorewe Abatutsi, n’uburyo urwango rwabibwe mu banyarwanda, kugera ubwo Abatutsi bicwa. Aba babyeyi b’Intwaza, bafite n’ubutumwa bw’umurage bageneye u Rwanda rw’ejo.
Ещё видео!